Bamwe babikora bagirango bemeze abandi bakabiterwa no kutamenya. Dore ibice 5 umugabo adakwiye gukoraho ku mugore mu gihe cy'akabariro

Bamwe babikora bagirango bemeze abandi bakabiterwa no kutamenya. Dore ibice 5 umugabo adakwiye gukoraho ku mugore mu gihe cy'akabariro

Jul 15,2024

Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bemeza ko mu gihe abantu bari mu gikorwa cy’Imibon1no Mpuzabits1na, bashobora gutwarwa kugeza ubwo bumva nta rutangira igihari haba mu magambo bavuga cyangwa ahantu bashobora gukoranaho.

Ku rundi ruhande abari muri icyo gikorwa bagirwa inama yo kwitonda kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo.

Hari ibice bitanu abagabo bagirwa inama yo kwirinda gukorakoraho ku bagore muri icyo gihe cy’Imibon1no Mpuzabits1na by’umwihariko ibice byo ku myanya y’ibanga nk’uko tugiye kubiva imuzi byose muri iyi nkuru dukesha urubuga rwa Pulse.ng.

1. Ku nkondo y’umura

Mu gihe cyo gukora Imibon1no Mpuzabits1na, umugabo akwiye kuzirikana cyane ko ari bibi kuba igitsina cye cyagera ubwo gikora ku nkondo y’umura y’uwo bari kumwe muri icyo gikorwa kuko haba ari ahantu hafunganye nk’umuyoboro uhuza imyanya myibarukiro y’umugore n’inda ye.

Abahanga bavuga ko by’umwihariko ku bakiri mu bihe byabo bya mbere mu gikorwa cy’Imibon1no Mpuzabits1na bakwiye kwitwararika cyane kuko biteza ububabare bukabije ku buryo bagirwa inama yo guhita bagerageza guhindura uburyo bari gukoramo icyo gikorwa.

2. Ku mutwe wa rugo1ngo

Rugo1ngo ni kimwe mu bice by’umubiri bizwiho kugir ibyiyumviro bikomeye kurusha ibindi byose, ariko abahanga bavuga ko ikirenze kuri ibyo, ari uko gukora ku mutwe w’icyo gice kimwe mu bigize imyanya y’ibanga y’umugore by’umwihariko mu gihe cyo gukora Imibon1no Mpuzabits1na, ari ibintu bitera ububabare bukabije umuntu ukozweho;.

Bityo, abagabo bakagirwa inama yo kwirinda gukora ku mutwe w’icyo gice, ahubwo bakagerageza mu mpande.

3. Ku birenge

Abagabo bagirwa inama yo kudakora ku birenge by’abagore bari kumwe mu gihe cy’Imibon1no Mpuzabits1na, cyane cyane mu gihe bambaye amasogisi.

Impamvu y’ibi ni uko ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere zo muri Kaminuza ya Johns Hopkins, bwagaragaje ko ibi bishobora kuviramo umuntu gufatwa na ‘orgasm’ iterwa no kugira ibyishimo by’ikirenga muri icyo gihe cy’amabanga y’abashakanye.

Hakaba hagaragazwa ko ibi bishobora kuba ku mugore kimwe no ku mugabo.

4. Imisatsi ye

Hari benshi bashobora kwibwira ko ari ibintu bisanzwe gukora mu misatsi y’umugore mu gihe cy’Imibon1no Mpuzabits1na, ariko ni ngombwa kuzirikana ko biri muri kamere y’abagore kutishimira umuntu wabakurura imisatsi, uwayivana ku murongo kuko aba ashobora no gukubita agatima ku gihe n’ikiguzi byamusabye kugira ngo abashe gutuma imisatsi ye igaragara neza.

5. Ku moko

Abahanga bavuga ko umugore atanezezwa n’umuntu umukorakora imoko kuko ngo bishobora gutera ubwonko bwe kwibwira ko agiye konsa, kwikinisha n’ibindi ndetse banavuga ko bishobora kumutera uburibwe ku rugero umuntu bari kumwe mu gikorwa cy’Imibon1no Mpuzabits1na adashobora kwiyumvisha.

Soma n'izi:

1. Ntuzabeshye ngo ushimisha umugoe wawe mu buriri niba utazi Akadom G - Sobanukirwa

2. Dore umwanzi ukomeye w'intangangabo buri mugabo wese akwiye kwirinda

3. Dore uko wamenya niba umukobwa muzarambana nimuramuka mubanye cyangwa niba mutazamarana kabiri

4. Wari uzi ko kuribwa umutwe bishobora kuba ikimenyetso cy'indwara ikomeye? Niba ujya uribwa umutwe muri ubu buryo ukwiye kwihutira kujya kwa muganga