Ntibisanzwe! Abasaga 1000 bazazurwa muri 2040, nyuma y’urupfu rwabo,bamaze kwiyandikisha

Ntibisanzwe! Abasaga 1000 bazazurwa muri 2040, nyuma y’urupfu rwabo,bamaze kwiyandikisha

Oct 30,2023

Muri Amarika ahitwa Arizona hari ishyirahamwe ryitwa Arca, rikomeje kuvugisha abatari bake ibitandukanye,ni nyuma y’aho iryo shyirahamwe ryamaze gushyiraho ibiciro ku bantu bifuza ku zazurwa mu mwaka wa 2040 aho umuntu azajya yishyura Amadorari Miliyoni 400.

Abantu bifuza ku za zurwa, basabwa kwishyura hanyuma mugihe baba bamaze kwitaba Imana imibiri yabo igashyirwa mu buruhukiro ukabikwa kugeza muri 2040 mugihe ubushakashatsi buriho bukorwa bwuko abantu bazajya bazurwa buzatangira gukora, nibwo abo bantu bazatangira kuzurwa.

Kugeza ubu abantu 1000 nibo bamaze kwiyandikisha ku girango umunsi bitabye Imana imibiri yabo itwarwe niryo shyirahamwe ijye kubikwa kugeza muri 2040 maze bazabone kuzurwa, ni mugihe abandi 200 bamaze kugezwa mu buruhukiro batagereje uwo muzuko wo muri 2040 kuko bamaze kwishyura ako kayabo.

Iri shyirahamwe rikaba ritangaza ko imiryango ikinguye kubantu bose bifuza ku zazuka muri 2040 ko batangira kwiteganyiriza muri iryo shyirahamwe kugirango bazabashe kubona izo Service.