Dore ibice by'umubiri w'umugore wakoraho agasigara akwingingira ko mutera akabariro

Dore ibice by'umubiri w'umugore wakoraho agasigara akwingingira ko mutera akabariro

  • Mukobwa nawe mugore, uramenye utazatuma umugabo agukora kuri ibi bice mu gihe udashaka ko mutera akabariro

Sep 26,2023

Mugore nawe mukobwa utarashaka ariko ukaba ufite imyaka y'ubukure kandi ukaba ufite umukunzi cyangwa se ukinamushakisha, niba udashaka/mu gihe udashaka ko mutera akabariro, uramenye utazatuma umugabo/umuhungu agukora kuri kimwe muri ibi bice by'umubiri wawe kuko byakwinjiza mu byiyumiro bihambaye byo gutera akabariro.

Ibi bice by’umubiri bikurikira, bigira ubukirigitwa cyane ku mugore/umukobwa bikaba ari na yo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakururwa n’amaraso y'abagabo/abasore iyo abikozeho ugahita wumva umukeneye.

1. Amabere

Amabere y’umugore/umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo/umusore akoraho maze umugore/umukobwa agahita yumva ubushagarira umubiri we wose bigatuma yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina ako kanya.

2. Ibibero

Iyo umugore/umukobwa yemereye umugabo/umuhungu ko amukora ku bibero aba yikozeho kuko akenshi haba hariho amaribori ari na yo afasha umubiri wose kumva neza igikorwa kiri kuba. Gusa ntibivuze ko utagira amaribori we ntacyo yumva, kuko uwo ariwe wese w’umugore/umukobwa aterwa ubushake cyane no kumukora kuri iki gice.

3. Mu ntege

Mu ntege naho ni hamwe mu bice by’umubiri w’umugore/umukobwa bigira ubukirigitwa cyane ku buryo iyo hari uhakoze umubiri wose ugira ubwitabire, bityo umubiri ukaba wahita ucika intege ukagira ubushake bwo gutera akabariro cyane.

4. Mu musatsi

Gukora mu misatsi y’umugore/umukobwa bifasha cyane umugabo/umusore kumwumvisha icyo akeneye, imisatsi kandi ku bagore/abakobwa ibamo ubushagarira butuma batwarwa igihe cyose umugabo/umusore arimo kuyikoramo kuburyo bashobora no gushiduka ibitekerezo byabo byagiye kure bagahita bifuza gutera akabariro.

5. Mu biganza

Abantu batandukanye iyo bafatanye mu biganza umwanya munini bishobora gutuma umugore/umukobwa yumva ashatse gutera akabariro ariko bikaba akarusho iyo umugabo/umusore asa nk’ushimashima cyangwa akorakora mu biganza by’umugore/umukobwa, ubushagarira buhita bwihuta cyane kuburyo bica intege umugore/umukobwa mu bijyanye n’ubushake bwo gutera akabariro.

6. Ku matwi

Iyo umugabo/umusore akoze ku matwi y’umugore/umukobwa bimwongerera ubushake cyane bwo gutera akabariro, amatwi atuma umugore/umukobwa amera nk’utaye ubwenge akumva umugabo yakomeza kuhakorakora.

7.Ku mukondo

Iki ni igice nacyo umuhungu/umugabo ashobora gukoraho bigatuma umugore/umukobwa akora icyo atatekereje kubera bituma atekereza cyane ku gikorwa cyo gutera akabariro.

8. Ku gitsi1na

Iyo umugabo/umusore arinze akora ku gitsi1na cy’umugore/umukobwa aba amufite neza ku buryo bitaba byoroshye kumwirinda ngo batandukane ntacyo bakoze. Iyo cyakozweho biba byarangiye biragoye kugira ngo umugore/umukobwa ahikure.

Mu gihe umukobwa cyangwa umugore yumva adakeneye gutera akabariro, nta bundi buryo yakoresha uretse kwirinda ko umugabo/umusore yamukoraho kuri biriya bice byavuzwe haruguru, gusa na none nko ku bashakanye mu gihe umugabo yifuza gutegura umugore we agomba kwifashisha cyane biriya bice kuko byamufasha kwinjiza umugore we mu gikorwa nyirizina.