Ese koko iminwa y'umugore hari aho ihuriye n'ingano y'igits1na cye? Sobanukirwa

Ese koko iminwa y'umugore hari aho ihuriye n'ingano y'igits1na cye? Sobanukirwa

Jul 15,2023

Mu itsinda ry’abagabo runanaka baba bateraniye mu tubari, ahakorerwa ibirori, ku bibuga by’imupira usanga bakunda ku gira byinshi baganira ku byerekeye imibonano mpuzabitsina.Mu byo bakunda kuvugaho harimo kwibaza niba uko iminwa y’umugore ingana ari nako igitsina cye kingana.

Ubusanzwe igitsina cy’umugore kigenda cyaguka ahanini bitewe n’impamvu zitandukanye, aha twavuga nko kuba yagira ubushake bw’imibonano cyangwa se mu gihe agiye kubyara. N’ubwo nta bushakashatsi bw’imbitse bwakozwe, hari abavuga ko imiterere y’iminwa y’umugore by’umwihariko igaye kandi minini, bavuga ko ari nako igitsina cye cyiba kingana.

Uyu mugore ufite bene iyi minwa bicyekwa ko aba afite urwinjiriro rw’inda ibyara runini ndetse ibyimbye inabyibushye ku buryo ngo igitsina gifita inda ibyara ntoya kuburyo bigorana kwakira igitsina cy’umugabo gikabije ubunini.

Hari abandi bavuga ngo niba umugore afite umunwa muto n’intoki ngufi, ngo ubwo aba afite igitsina gito. Ku bafite iminwa migari kandi itabyibushye ngo aba afite inda ibyara nini ariko igitsina kikaba gito.

Urubuga rwa ghpage.com, haraho ruvuga ko kandi umugore ufite umuburi ukomeye utagira n’amarangamutima, ngo igitsina cye kiba gikomeye mu buryo bw’urwinjiriro. Mu bindi iki kinyamakuru kigarukaho ngo n’uko umugore ufite agahanga karombereje n’izuru rinini ngo aba afite igitsina kigufi kandi cyagutse.

Ibi byose bigarutsweho birashoboka ko haraho bihurizwa bigafatwa nk’aho aribyo ariko kandi bijyanye n’imiterere yawe nta mpamvu yo kwibaza ngo njyewe ko bitajyanye n’ibyagarutsweho haruguru kuko imiterere y’abantu iratandukanye.