Umugore wa Pasiteri yiyemeje kumuca inyuma kubera impamvu itangaje

Umugore wa Pasiteri yiyemeje kumuca inyuma kubera impamvu itangaje

Feb 13,2023

Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi ari kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga aho akomeje gushyira hanze amafoto yambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo.

Uyu ngo yafashe icyemezo cyo koherereza abagabo batandukanye amafoto yambaye ubusa kugira ngo baze bamupfubure kuko umugabo we usanzwe ari pasiteri nta kigenda mu gutera akabariro.

Iyi myitwarire y’uyu mugore yagiye ku karubanda binyuze ku mashusho ye yashyizwe hanze ku rubuga rwa Telegaram aho yasabaga ko abandi bagabo baza akabashimisha.

Ubusanzwe uyu mugore ngo agaragara nk’umuntu mwiza ariko ibyo akorera mu bwihisho n’agahomamunwa nk’uko ibinyamakuru bibitangaza.