Abashakanye: Dore aho usabwa gukora uwo mwashakanye mu gihe cyo gutera akabariro ukamuzamurira ibyishimo kugera ku rwego atigeze ageraho mbere

Abashakanye: Dore aho usabwa gukora uwo mwashakanye mu gihe cyo gutera akabariro ukamuzamurira ibyishimo kugera ku rwego atigeze ageraho mbere

  • Ahantu hashimisha umugore iyo umugabo ahakoze bari gutera akabariro

  • Ibyo wakorera umugore wawe bikamwongerera ibyishimo

Aug 02,2022

Igihe cy’ibyishimo hagati y’abashakanye kirushaho kuba cyiza mu gihe bombi babirimo ndetse babifitemo uruhare ku rwego rwiza. Muri iyi nkuru uramenya aho umugabo aba agomba gufata cyangwa gukora umugore we.

 

Bituma habaho umunezero udasanzwe mu gihe abashakanye bombi bakundana cyane ndetse bubahana. Ibi biba intero nziza nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza. 

 

Igihe cyo gutera akabariro rero kizana ibyishimo ndetse n’umunezero udasanzwe hagati y’abantu babiri babana ndetse kikaba cyasiga amakimbirane yari hagati ya babiri ashiraho burundu.

 

Hari ibintu byinshi bizamura imico ndetse bikanayigaragaza hagati ya babiri. Kumenya ibi bintu ni ingenzi cyane kuko biba bisaba ko uwabimenye abikoresha bityo bikabagirira akamarao.

 

Niba uri umugabo, iyi nkuru uyibike ahantu uzajya ahora uyisoma cyangwa ufate ikaramu wandike iby’ingenzi. Ntukwiye kwibagirwa gusura Iwacumarket.xyz kenshi kugirango wige byinshi birenzeho.

 

Hari ahanatu umugabo akora umugore we bikamuzamurira amarangamutima ku buryo bukomeye cyane, bikaba byanatuma atabasha kwinyeganyeza. Ibi biza ku mugore ariko inyungu ziza ku mugabo.

 

Mugabo, urasabwa kujya umukora ku ‘Imoko’ mu gihe muri mu gikorwa cyo kubaka urugo kuko hazatuma umugore wawe arushaho gukomeza kukwishimira. 

 

Ahandi usabwa gukora ni: Mu ijosi rye, mu rukenyerero (Mu manyanginya), ku mabere, ku matwi ye, ndetse n’ahandi ku mubiri we uzi hashobora kumuzamurira ibyiyumviro. Aha hantu havuzwe haruguru, iyo uhakoze umugore uba umufashije cyane.

 

Inkomoko: www.deccanchronicle.com