Niba utazi ibi bintu ntuzigera ushimisha umugore wawe mu buriri. Dore icyagufasha kuba udasanzwe kuri we

Niba utazi ibi bintu ntuzigera ushimisha umugore wawe mu buriri. Dore icyagufasha kuba udasanzwe kuri we

Jul 05,2022

Abashakanye benshi bagira ibibazo byo kutaganira mbere na nyuma yo gutera akabariro, ngo buri wese yumve uko mu mashuka bigomba kuza kuba bimeze ndetse ntihagire ushimira undi cyangwa ngo amubwire uko igikorwa cyagenze n’icyo bakwiriye kuzongeraho.

. Ibyo abagore baba biteze mbere yo gutera akabariro

. Ibyo abagore baba biteze nyuma y'akabariro

. Uko washimisha umugore wawe mu cyumba

. Akamaro ko kuganira mbere na nyuma y'akabariro

. Uko waterera umugore wawe akabariro akanyurwa

 

Ikinyamakuru The Standard cyagarutse kuri iyo ngingo yo kwishima mu gikorwa cy’akabariro, kivuga ko usanga abantu baba bifuza kubiganiraho ariko buri wese akifata kugira ngo mugenzi we atamufata nabi cyangwa se akamushinja indi mico mibi.

N'ubwo bamwe bavuga ko babyirinda kubera ko baba babona ari ibiganiro biteye isoni ariko burya ngo ni ingenzi ko bibaho hagati y’abashakanye cyangwa se ku bagiye kugirana icyo gikorwa mbere na nyuma bakabiganiraho.

Bagabo, ni ingenzi kumenya igihe cyiza cyo gutangiza bene icyo kiganiro, niba ushaka ko kigenda neza ntukagitangize igihe ubona ko umugore wawe ananiwe, ahuze, afite akazi kenshi cyangwa se ubona ko yagize umunsi mubi.

Igihe cyiza ni mu gihe yaruhutse, mukabiganiraho muri wa mwanya wo kumutegura mbere y’akabariro kandi nabwo ntibibe ibiganiro birebire cyane. Ntabwo abagore bakunda umugabo ufata igihe kinini avuga amagambo muri icyo gihe kiba kiryoshye, ntabwo biba bikwiye kurambirana.

Abagore banga umugabo ugera mu buriri agatangira gutongana no kuvuga ibitagenda, abagore bashimishwa n’ababatega amatwi, bakababaza utuntu dutuma bumva ko bitaweho mu buriri.

Niba mugeze muri icyo gikorwa umugore akagusaba kugenda buke, kwihuta cyangwa se gushyiramo imbaraga uba ugomba kubyubaha ntunyuranye n’ibirimo kumushimisha.

 

IZINDI NKURU:

Dore impamvu 4 z'ingenzi udakwiye kogosha ngo umareho insya(umusatsi ukikije ibice by'ibanga) zawe

. Ibintu bibi cyane bishobora kuzakubaho niba urara wambaye ikariso

. Namaze imyaka myinshi nca mama inyuma. Njye na papa twabikoraga mama adahari cyangwa amaze gusinzira - UBUHAMYA BWA FATIMA

. Abakobwa: Irinde ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika

. Abageni bajunguje ikibuno mu bukwe bwabo abantu barumirwa - VIDEO

. Umumotarikazi w'ikizungerezi yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga - AMAFOTO+IBITEKEREZO

 

Nyuma y’igikorwa ntabwo ugomba guhita wisinzirira mutabiganiriyeho cyangwa ngo uhite umuta mu buriri ngo ujye kureba televiziyo cyangwa ngo ujye mu bindi.

Kumushimira, kuganira uko byagenze n’ibyo mwifuza kongeraho bishimisha abagore cyane, bumva ko bahawe agaciro. Icy'ingenzi mukuganira mbere na nyuma y’igikorwa ntabwo ari umubare w’amagambo uvuze ahubwo ni uburyo uyavuzemo.

Birashoboka ko byaba bitagenze neza cyangwa se nawe utameze neza ariko uburyo ubivugamo n’uburyo uteganya kwikosora bituma igikorwa gitangira neza cyangwa se kigasozwa neza.

 

Src:www.Thestandardmedia.com