Ibintu abantu bakora mu gitondo bakibyuka bikaba byabakururira urupfu

Ibintu abantu bakora mu gitondo bakibyuka bikaba byabakururira urupfu

  • Ibintu ukwiye kwirinda gukora mu gitondo kuko byaguteza ibyago

  • Irinde gukora ibi bintu ukibyuka

Jul 02,2022

Abahanga mu buvuzi bavuze ko hari uburyo bwinshi cyane ikiremwa muntu gishobora kwikururira indwara, zitavuye mu byo cyariye cyangwa mu muhuro hagati kigira. Hari indwara ziterwa no kutita kuri bimwe na bimwe, bikaba byanatuma uhasiga ubuzima.

 

. Ibintu wakora ukirinda indwara zinyuranye

. Ibintu ugomba kwitondera igihe ubyutse mu gitondo

. Ibintu abantu bakora bakibyuka mu gitondo bikaba byanabica

 

Muri iyi nkuru turarebera hamwe icyo umuntu yakora agaca ukubiri n’izo ndwara.

 

1. Ntukwiriye kuva mu buriri imburagihe

 

Akenshi, abantu bakunda kuva mu buriri bihuta, ndetse bakaba banabyuka mbere y’igihe kubera gukererwa akazi, amasengesho n’ibindi, bakunze guhura n’uburwayi butandukanye. Abahanga mu buvuzi bo bemeje ko byibura umuntu akwiriye kuguma mu buriri iminota itatu mbere y’uko abyuka, kugira ngo amaraso atembere neza mu mubiri, hanyuma abone kubyuka.

 

Amaraso aba aturije ahantu mu mubiri iyo uryamye, rero biba ingenzi iyo uyahaye akanya agatembera mbere yo kugira aho ujya uvuye mu buriri. Iyo ubyutse vuba vuba, utuma imiyoboro y’amaraso icika intege kandi ari nta n’amaraso arimo, ibi bikaba byanatera umuvuduko w’amaraso.

 

2. Mu gihe uri mu bwogero hera ku maguru

 

Ukwiriye guhera ku maguru mu gitondo mu gihe uri mu bwogero. Amaraso atembera ahereye mu maguru ajya mu mutwe, rero ntago ari igitekerezo cyiza guhera mu mutwe mu gihe ubyutse.

. Ibintu 5 umukobwa akorera umusore akunda by'ukuri gusa

Ibintu 5 wakora bikagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akagukunda akakwimariramo wese

Itsinda ry'abagore ryiyemeje kurimbura ubuhangange bwa Cristiano Ronaldo ryakoze igikorwa gikomeye ubwo Manchester United yakinaga na Newcastle

. Cristiano Ronaldo yatangaje icyo abantu bakwiye kwitega nyuma yo gutsindira Manchester United ibitego 2 ku mukino wa mbere akinnye

 

3. Fata iminota itatu (3) y’imyitozo ngorora mubiri

 

Ibi bireba cyane abantu baba bafite uturemangingo  tudafite imbaraga zihagije muribo. Gerageza uko ushoboye buri mu gitondo, umubiri wawe wakire ubushyuhe. Ukeneye no gufata umwanya w’imyitozo isanzwe, ya buri mu gitondo.

Inkomoko: Opera News