Niba utajya ubona ibi bimenyetso ku mugore wawe iyo muteye akabariro menya ko ruzasenyuka bidatinze cyangwa akaguca inyuma

Niba utajya ubona ibi bimenyetso ku mugore wawe iyo muteye akabariro menya ko ruzasenyuka bidatinze cyangwa akaguca inyuma

  • Ibimenyetso byakwereka ko umugore wawe yarangije

May 20,2022

Benshi mu bagabo usanga bahorana urwicyekwe mu gihe bamaze gutera akabariro bacyeka ko baba batitwaye neza mu buriri ngo bashimishe abagore babo ntibagere ku ndunduro y’ibyishimo, nyamara hari ibimenyetso simusiga umugabo ashobora kwifashisha akamenya ko umugore we yarangije.

 

Ubusanzwe umugabo cyangwa umugore arangiza mu gihe ageze ku byishimo byo hejuru igihe ari mu gikorwa cyo gutera akabariro.

 

Nk’uko bizwi neza ko igitsina cy’umugabo cyafashe umurego iyo gisohoye aribwo tuvuga ko arangije, umugore we ubibwirwa n’uko Rug1ngo ye isa n’isubiyeyo uburumbarare bwayo bukagabanyuka.

 

Mu gihe cy’imibonano, iyi Critoris iba yahagurutse nk’uko igitsinagabo bikibaho noneho mu myanya y’imbere y’igitsina ikikanyaga maze umugore akumva utuntu tumuzamutsemo.

 

Ako kanya umutima uhita utera n’amaraso agatembera cyane imitsi igasa n’ibyimbye bitewe na bya byishimo bidasanzwe byo hejuru.

 

Ibi kandi si ibintu bidasanzwe kuko umubiri w’umugore uvubura imisemburo witwa endorphine ukaba n’ubusanzwe utera ibyishimo by’umubiri no mu buzima bwa buri munsi.

 

Ibyo bigafatwa nka nyirabayazana yo kuzana amazi rimwe na rimwe ibi byishimo bikaba byakurikirwa no gutera akaruru ku bagore bamwe , kurira, ku niha, kunosha uwo bakorana imibonano, kumugundira cyane…..