Niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwawe menya ko uwo mukundana mudakwiranye(mutazagera kure). Ushatse wakwishakira undi hakiri kare

Niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwawe menya ko uwo mukundana mudakwiranye(mutazagera kure). Ushatse wakwishakira undi hakiri kare

May 20,2022

Birumvikana ko buri wese agerageza gushaka uwo bakundana ariko nanone biba bigoye iyo uhuye na benshi ugasanga bose ntimukwiranye cyangwa bakakubwira ko mu dakwiranye. Twaguteguriye ibintu 4 bizakwereka ko uwo mwahuye mudakwiranye.

 

Abantu bakuru bose nibagera mu rukundo bazamenya neza ko ubwiza bw’inyuma bugukurura budahagije kugira ngo abantu bubake urukundo. Mu by’ukuri ni byiza kuba mu rukundo ariko si byiza kugira ibibazo byinshi mu rukundo. Ubwiza bw’inyuma mu rukundo busobanuye ubusa, ntabwo buhagije ngo umenye neza niba koko mu gihe kurambana.

 

Kandi nk’uko abantu bakomeza gutekereza ishusho y’abo bifuza gukundana nabo, nanone ntabwo bifuza ba bandi bafite imico itari myiza cyangwa ihabanye n’imyemerere yabo, aha ni ho benshi bazagorerwa mu gutahura uwo bakwiranye.

 

Mu mitima y’abantu harimo ibyumba byinshi ikiba gisigaye ni ukubyagura. Urukundo n’amahitamo y’umuntu we ubwo nta wundi abajije cyangwa se akuruwe n’undi umukunda akabona koko ko akeneye kumukunda ku bw’inyungu ze nawe. Si byiza ko rero ubwiza bw’inyuma bugukurura kuko bushirana n’imyaka.

 

Kugira ngo ubone umuntu mukwiranye ugukanda nawe koko wumva wakunda hari ibintu ukwiriye kureba ho. Buriye rero ibikorwa birivugira, ibikorwa biragaragara, ntuzishuke ngo wumve ko ugiye kugwa mu rukundo n’imyambarire y’inyuma ku muntu uwo si uwawe, ntimwaremewe kubana, urukundo ni ikintu ugomba kurwanirira kugeza ukigezeho.

 

1. MU RUKUNDO UZAMARA IGIHE CYAWE CYOSE URI GUKOSORA AMAKOSA YAKOZWE.

 

2. UMUBANO WAWE N’UWO MUKUNDANA NTUSOBANUTSE.

 

3. URUKUNDO RWANYU RUSA N’AHO ARI UKUREBANAHO, MBESE NTABWO ARI ROMANTIC (NTA MARANGATIMA ARIMO).

 

3. URACYATEKEREZA KO HARI IBYO UGOMBA KUZAHINDURA KU MUNTU MUKUNDANA

 

Vugana natwe: Ese ibi byakubayeho? Wigeze ukunda umuntu ubona ko mudakwiranye? Twandikire ahatangirwa ibitekerezo?