Umuco uragwira: Abagore bashyira igikeri mu myanya y'ibanga yabo. Amashusho agaragaza igikeri gisohoka muri umwe muri bo yateje ururondogoro - IMPAMVU + VIDEO

Umuco uragwira: Abagore bashyira igikeri mu myanya y'ibanga yabo. Amashusho agaragaza igikeri gisohoka muri umwe muri bo yateje ururondogoro - IMPAMVU + VIDEO

Nov 23,2021

Nyuma yo kubona videwo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye igaragaza igikeri kiva mu bice by’ibanga by’umugore, benshi bahise batangira kwibaza bwa mbere impamvu cyari kirimo mbere.

 

. Umugore yashyize igikeri mu myanya ye y'ibanga atuma abantu bacika ururondogoro

. Hamenyekanye akamaro ko gushyira igikeri mu myanya y'ibanga ku bagore

. Abantu bakomeje gutangazwa na Video igaragaza igikeri gisohoka mu myanya y'ibanga y'umugore

 

Ibyagaragaye muri iyo videwo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nta kindi ngo uretse ko byari umuhango kandi bikorerwa mu bihugu bimwe na bimwe bya Afrika na Aziya.

Abantu bamwe baketse ko ari imihango benshi bita iya gipagani, abandi bavuga ko yaba abikora nko gutura igitambo kugirango abone amafaranga gusa hari uwavuze ko uyu ari umuco umenyerewe cyane muri Ethiopia no mu bindi bihugu bya Afurika aho ngo ugamije guha umugore ubikoze amahirwe yo kubyara.

 

IZINDI NKURU:

Igisobanuro cy'ijambo Chouchou cyangwa Chou chou rikunze gukoreshwa buhumyi. Dore ibyo ugomba kwitondera mu kurikoresha

. Dore ibintu umugore wese uca inyuma umugabo we akora. Nubibona urabe maso

. Niba utazi ibi bintu ntuzigera ushimisha umugore wawe mu buriri. Dore icyagufasha kuba udasanzwe kuri we

. Umusore akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusaba imbwa ye kwifotoza nka Shaddyboo ikabikora - VIDEO

 

Ku rundi ruhande ariko, bamwe mu bayibonye bahise bashakisha amakuru kugirango bakemure ayo mayobera kandi bagarukanye igisubizo.

Ubwo bwoko bw’ibikeri bwihariye bukoreshwa nk’uburyo kamere busanzwe mu gutuma imyanya yibanga y’umugore yongera kwegerana mu gihe yari yaragutse cyane!

Ngo ni uburyo bukora neza, bugira akamaro cyane kubera imiti iboneka ku ruhu rw’ubwo bwoko bw’ibikeri itera impiduka ku rukuta rw’igitsina cy’umugore kandi ngo ikongera ibyiyumvo n’uburyohe mu gitsina cy’umugore.

Ariko kandi nkuko ibinyamakuru byabitangaje ngo iyo bikozwe nabi bishobora gutuma igitsina cy’umugore gihura n’akaga kikaba cyakwifunga cyane.

Niba urekeye igikeri imbere mu myanya y'ibanga y'umugore igihe kirekire cyane kurusha uko wakagombye, umuyoboro w’igitsina ushobora kwifunga cyane kugeza aho ukanyaga igikeri kugeza gipfuye, kikaba cyarekura indi miti iba imbere mugikeri ishobora gutuma igitsina cy’umugore kigira umunuko ukabije kandi kikanafatana cyane ku buryo gutera akabariro bidashoboka.

Umugore yakumva ububabare bukabije burigihe mu gihe cyakabariro, kandi umunuko nawo watuma abagabo bamugendera kure.

Ni byiza rero, mbere yuko ugerageza gukora uwo muhango wo gutuma igitsina cyawe cyegerana winjizamo igikeri, tekereza uko ibyakubaho biramutse bitagenze neza.

KANDA HANO UREBE VIDEO

Src: https://www.kossyderrickent.com/