Niba utiteguye guhita utera akabariro uzirinde gukora umukobwa/umugore kuri ibi bice

Niba utiteguye guhita utera akabariro uzirinde gukora umukobwa/umugore kuri ibi bice

Oct 09,2021

Mu buryo busanzwe, umuntu wese agira ibice by’umubiri we ndetse abantu bose bakagira n’ibyo bahuriraho bitewe n’igitsina cyabo gusa hari ibice bimwe na bimwe by’abakobwa usanga hari abahungu bamwe na bamwe batazi ko kubikoraho bishobora gutuma umukobwa/umugore akwingingira gutera akabariro nawe kubera uburyo kubikoraho bimutera ubushake burenze urugero.

 

Hari abantu benshi ku isi usanga bagira ubukirigitwa cyane mu gihe bakozwe ku bice byabo bimwe na bimwe by’umubiri wabo ariko byagera ku muntu w’igitsina gore bikaba ibindi ari nayo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakurura intandaro zo gushaka gutera akabariro mu buryo bwihuse ndetse ukanasanga ibi binakurura amaraso y’igitsina gabo iyo babikozeho bityo bagahita bumva bakeneye gutera akabariro.

 

Ibyo bice ni ibi bikurikira:

 

1. Amabere

 

Amabere y’umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo akoraho maze umukobwa agahita yumva ubushagarira umubiri we wose bigatuma yumva ashatse gutera akabariro ako kanya.

 

2. Ibibero

 

Iyo umukobwa yemereye umuhungu ko amukora ku bibero aba yikozeho kuko akenshi haba hariho amaribori ari nayo afasha umubiri wose kumva neza igikorwa kiri kuba. Gusa ntibivuze ko utagira amaribori we ntacyo yumva, kuko uwo ariwe wese w’igitsinagore aterwa ubushake cyane no kumukora kuri iki gice.

 

3. Mu ntege

 

Mu ntege naho ni hamwe mu bice by’umubiri w’umugore bigira ubukirigitwa cyane ku buryo iyo hari uhakoze umubiri wose ugira ubwitabire, bityo umubiri ukaba wahita ucika intege ukagira ubushake bwo gutera akabariro cyane.

 

4. Mu musatsi

 

Gukora mu misatsi y’umukobwa cyangwa umugore bifasha cyane umugabo kumwumvisha icyo akeneye, imisatsi kandi ku bagore ibamo ubushagarira butuma batwarwa igihe cyose umugabo arimo kuyikoramo ku buryo bashobora no gushiduka ibitekerezo byabo byagiye kure bagahita bifuza gutera akabariro.

 

5. Mu biganza

 

Abantu b’ibitsina bitandukanye iyo bafatanye mu biganza umwanya munini bishobora gutuma umugore yumva ashatse gutera akabariro ariko bikaba akarusho iyo umugabo asa nk’ushimashima cyangwa akorakora mu biganza by’umugore, ubushagarira buhita bwihuta cyane kuburyo bica intege umugore mu bijyanye n’ubushake bw'akabariro.

 

6. Ku matwi  

 

Iyo umugabo akoze ku matwi y’umukobwa bimwongerera ubushake cyane bwo gutera akabariro, amatwi atuma umugore/umukobwa amera nk’utaye ubwenge akumva umugabo yakomeza kuhakorakora.

 

7. Ku mukondo

 

Iki ni igice nacyo umuhungu/umugabo ashobora gukoraho bigatuma umugore/umukobwa akora icyo atatekereje kubera bituma atekereza cyane ku gikorwa cy’akabariro.

 

8. Ku myanya y'ibanga

 

Iyo umugabo arinze akora ku gitsina cy’umugore aba amufite neza ku buryo bitaba byoroshye kumwirinda ngo batandukane ntacyo bakoze. Igitsina iyo cyakozweho biba byarangiye biragoye kugira ngo umugore ahikure.

Mu gihe umukobwa cyangwa umugore yumva adakeneye gutera akabariro, nta bundi buryo yakoresha uretse kwirinda ko umugabo yamukoraho kuri biriya bice byavuzwe haruguru, gusa nanone nko ku bashakanye mu gihe umugabo yifuza gutegura umugore we agomba kwifashisha cyane biriya bice kuko byamufasha kwinjiza umugore we mu gikorwa nyirizina.