Uko wakorera arenga 200,000RW/ukwezi mu buryo bworoshye hamwe na Iwacumarket

Uko wakorera arenga 200,000RW/ukwezi mu buryo bworoshye hamwe na Iwacumarket

Jul 06,2021

Biragora cyane gutangira ubucuruzi ndetse bikaba ihurizo kuri benshi cyangwa se akadashoboka iyo havuzwe "Kwihangira umurimo". Ese nawe utekereza ko kwihangira umurimo bigoye? Waba warigeze ugerageza biranga? Muri iyi nkuru ngiye kukugezaho uko wakwihangira umurimo ndetse ukabona asaga 200,000RWF buri kwezi mu gihe gito cyane.

Nzi neza ko mu karere utuyemo hari ibintu byinshi bigurishwa na ba nyirabyo harimo: Amazu, imodoka, ibibanza, amashyamba,...

Tekereza uramutse wiyemeje gushakira aba bantu abakiriya(Commission).

 

Icyo byagusaba:

. Umwanya: Ntekereza ko niba wifuza guhanga umurimo ufite umwanya wo gukora umurimo wihangiye, muri make nta wundi murimo ufite cyangwa se uwo ufite ntugushimishije

. Telefoni ya Smartphone

. Interinet: Niba ubashije gusoma iyi nkuru ni uko ushobora kubona interinet ikenewe ngo ube wagira ibyo ukorera kuri murandasi.

. Tike niba ikigurishwa kiri kure

. Ama-unite yo guhamagara no kuvugana n'abakiriya

 

Uribaza uti ese nabona abakirira gute?

Gushaka abakiriya bagura ikintu runaka biragoye ni nayo mpamvu iyo ukoreye umuntu iyi serivisi aguhemba.

Gusa ubu biroroshye kuko iwacumarket.xyz yabikemuye. Icyo bigusaba ni ugufata telefoni yawe ubundi ukajya aho ikigurishwa kiri, nyuma yo kumvikana na nyiracyo ko ugiye kumushakira umuguzi n'icyo azaguhemba nagurisha, jya kuri murandasi muri telefoni yawe maze ufungure urubuga rwa www.Iwacumarket.xyz maze ukande ahanditse Post Free Ad.

Uzuza ibisabwa maze wohereze. Nyuma yo gusuzumwa, ikigurishwa gishyirwa ku rubuga rwa Iwacumarket.xyz aho kizabonwa n'abaguzi benshi basanzwe basura uru rubuga. Uzabibwirwa n'uko abantu bazatangira kuguhamagara ari benshi ubundi muvugane uko bagera aho igicuruzwa kiri n'uko bakwishyura.

NB: Nta mafaranga usabwa kwishyura kuri iwacumarket kandi biroroshye gushyiraho igicuruzwa.

Inyungu

Tekereza uramutse ubashije kugurisha inzu, imodoka cyangwa ibindi wamamaje bigera ku 10 gusa mu kwezi. Tuvuge ko buri kintu ugurishije uhabwa nibura 20,000RWF. Uramutse ukubye n'ibintu 10 byaguzwe waba ubashije kwinjiza ibihumbi 200 byose mu kwezi kumwe. Uramutse warakoreshe ibihumbi 40 mu matike netse no guhamagara kuri telefoni waba nibura usigaranye ibihumbi 160 ari nawo mushahara wawe.

Ese wumva ibi bikomeye cyane ku buryo utabikora? Habe na gato rwose. Tangira uyu munsi maze utandukane n'ubushomeri.

Kanda hano ushyireho igicuruzwa cyawe cya mbere